Imiryango 9 itishoboye yorojwe amatungo magufi.

Imiryango 9 itishoboye yorojwe amatungo magufi 18 aho buri muryango wahawe ihene 2 zizabafasha kuzamura imibereho yabo.
Read more →

Gatsibo: Abikorera (PSF) bitoreye abayobozi bashya bazakora manda y’imyaka itatu.

Mu karere ka Gatsibo urugaga rw’abikorera bitoreye abayobozi bashya nyuma yuko abacyuye igihe basoje manda yabo.

 

Ni kuri uyu wa kabiri taliki ya…

Read more →

Abamotari bakanguriwe kwirinda gutwara ibiyobyabwenge basabwa gukoresha umuhanda neza.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gatsibo yakanguriye urubyiruko rukora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto (abamotari) kwirinda…

Read more →

Komisiyo y’ingengo y’imari mu nteko ishingamategeko yagaragarijwe uko ingengo y’imari 2017/2018 ikoreshwa.

Bamwe mu badepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda bari muri komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’Igihugu basuye Akarere ka Gatsibo baganira…

Read more →

Umuryango wa Nsengimana Anastase Miladji urera abana 5 b’imfubyi washimiwe ku munsi w’intwari.

Umunsi w’intwari z’u Rwanda wizihizwa buri taliki ya 1 Gashyantare uko umwaka utashye, ukaba wizihijwe kuri uyu wa kane taliki ya 1 Gashyantare 2018…

Read more →

Amafaranga agera kuri miliyoni 597,335,069 yiyongereye ku ngengo y’imari 2017/2018.

Inama idasanzwe y’Inama Njyanama y’Akarere ka Gatsibo yateranye kuri uyu wa 31 Mutarama 2018 iyobowe na Rukemanganizi Cyprien, Prezida w’Inama…

Read more →

Hatashywe ibyumba by’amashuri 60 n’ubwiherero 144 ku rwego rw’Akarere.

Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza uburezi bufite ireme mu Rwanda, hashyizweho gahunda yo kwishakamo ibisubizo by’ibibazo by’ingendo ndende ku banyeshuri…

Read more →

Gatsibo:Hagiye kubakwa inzu y’ababyeyi izuzura itwaye miliyoni 43

Bamwe mu babyeyi batuye mu murenge wa Rwimbogo bariruhutsa, nyuma y’aho ubuyobozi butangirije igikorwa cyo kububakira inzu y’ababyeyi (Maternité)…
Read more →

Police y’Igihugu yasabye abaturage kwirinda ibiyobyabwenge.

Mu Karere ka Gatsibo Umurenge wa Ngarama Akagari ka Kigasha kubufatanye na Police y’Igihugu n’Akarere ka Gatsibo hakozwe igikorwa cyo kumenyekanisha…

Read more →

Irondo ry’umwuga ritegerejweho byinshi bijyanye n’Umutekano.

Irondo ry’Umwuga ni urwego rw’umutekano rwashyizweho kugirango rukore irondo rigezweho kandi ririmo ubuhanga.

 

Ni muri urwo rwego kuri uyu wa…

Read more →