Mu Karere ka Gatsibo habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32

Mu karere ka Gatsibo, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro harimo kubera igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe…
Read more →

Gatsibo: Abaturage basabwe gutegura neza igihembwe cy’Ihinga cya 2026 A ku gihe.

Abaturage bo mu Mirenge igize Akarere ka Gatsibo barakangurirwa kwitegura neza igihembwe cy’Ihinga cya 2026A bategura imirima ku gihe ndetse no…
Read more →

Gatsibo: Urwego rwunganira Akarere mu mutekano rwa DASSO rwabonye umuyobozi mushya.

Urwego rwa DASSO rwunganira Akarere mu by’Umutekano rwabonye umuhuzabikorwa mushya nyuma yuko uwaruyoboraga kuva rwashyirwaho mu Rwanda yagiye mu…
Read more →

Gatsibo: Yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma yo kuyobora urwego rwa Dasso kuva rwashyirwaho muri Nzeri 2014.

Rugiranka Rigati Gaspard w’imyaka 55 y’amavuko yari Umuhuzabikorwa w’Urwego rwa DASSO mu Karere ka Gatsibo kuva rwashyirwaho muri Nzeri 2014 kugeza…
Read more →

Gatsibo: Deputy Chief of Mission of the Embassy of the state of Israel in Kigali Ron Margalit Visits Nyabiheke Refugee Camp.

Today, Mr. Ron Margalit, Deputy Chief of Mission at the Embassy of the State of Israel in Kigali accompanied by the Vice Mayor in charge of economic…
Read more →

Gatsibo: Abagize urwego rwa Dasso bamaze kwizigama asaga miriyoni 44 Frw.

Urwego rwa Dasso rwunganira Akarere mu by’Umutekano rwatangiye mu kwezi kwa Nzeri 2014 rufite inshingano nyamukuru yo kunganira Akarere mu…
Read more →

Gatsibo: Hasojwe ibiganiro nyunguranabitekerezo byigaga uburyo bwo gusigasira no kurinda ibyagezweho.

Kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Kanama 2025 mu Karere ka Gatsibo, mu Murenge wa Muhura hasojwe ibiganiro nyunguranabitekerezo byigaga uburyo bwo…
Read more →

Handitswe ubutumwa mu gitabo cy’Abashyitsi nyuma yo gusura ku Mulindi wa Byumba.

Taliki ya 20 Kanama 2025, Abayobozi n’abakozi b’Akarere ka Gatsibo bahagarariye abandi basuye ku Mulindi wa Byumba haherereye mu Karere ka Gicumbi…
Read more →

Gatsibo: Biyemeje gukoresha bicye bafite bagakora byinshi.

Abayobozi n’abakozi b’Akarere ka Gatsibo biyemeje gukoresha amikoro bacye ahari ariko hagakorwa byinshi bishyira umuturage ku isonga.
Read more →

Gusura ahabumbatiye amateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu wabaye umwanya mwiza wo gusabana hagati y’abakozi.

Gusura ku Mulindi w’Intwari nk’ahantu habumbatiye amateka y’urugamba rwo bubohora Igihugu wabaye umwanya mwiza w’ubusabane hagati y’abakozi ubwabo…
Read more →