Mu Karere ka Gatsibo habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32

Mu karere ka Gatsibo, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro harimo kubera igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe…
Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga bwo kurinda no kurengera umwana buzamara icyumweru

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Gashyantare 2022 kugeza kuwa 06 Werurwe 2022, mu Karere ka Gatsibo hatangijwe icyumweru cyahariwe ubukangurambaga bwo…
Read more →

Abaturage bishimiye kongera guhurira hamwe mu bikorwa by’umuganda rusange.

Imyaka ibiri irashize, ibikorwa bitandukanye bihuza abantu benshi bihabaritswe kubera kurengera ubuzima bw’abaturage kugirango batandura icyorezo cya…
Read more →

Abafite ubumuga bwo kutabona bahawe inkoni zera zizabafasha kugenda badafite ubarandata.

Abafite ubumuga bwo kutabona bo mu mirenge ya Gatsibo,Ngarama na Nyagihanga bashyikirijwe inkoni zera zizabafasha kugenda bafite ubarandata kugirango…
Read more →

Kugeza muri mutarama 2022, Imihigo y’Akarere ka Gatsibo yari igeze ku kigereranyo cya 75% ku mwaka ishyirwa mu bikorwa.

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 25 Gashyantare 2022,Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda cyasuzumye ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’Akarere ka…
Read more →

Guverineri CG Gasana yayoboye inama yigaga ku iterambere ry’ubworozi mu Turere dutatu tw’Intara y’Iburasirazuba.

Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba CG Emmanuel K Gasana arikumwe n'Umuyobozi Mukuru wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi…
Read more →

Gahunda ya Mvura Nkuvure yatangiye kubanisha neza abanyarwanda bari bafitanye amakimbirane

Hategekimana Gilbert, Umuyobozi wa Duhumurizanye iwacu Rwanda yavuze ko aya mahugurwa arimo guhabwa abayobora biganiro bagera kuri 32 ariko hari…
Read more →

Gahunda y’indashyikirwa yabaye igisubizo ku miryango yabanaga mu makimbirane.

Imiryango igera kuri 350 yabanaga mu makimbirane yarigishijwe binyuze muri gahunda yiswe’’Indashyikirwa’’ mu gihe cy’amezi atandatu ubu ibanye mu…
Read more →

Abakozi bashinzwe ubuhinzi basabwe kwegera abaturage bagakangurirwa gutegura imirima ku gihe.

Abakozi bashinzwe ubuhinzi ku rwego rw’Akarere n’imirenge basabwe gushyira imbaraga no kwegera abaturage bagakangurirwa gutegura imirima ku gihe mu…
Read more →

Abagize urwego rwa Dasso barahiriye kwinjira mu nshingano.

Urwego rw’umutekano rwunganira Akarere rwa DASSO rwo mu Karere ka Gatsibo rwakiriye aba Dasso 59 barahiriye inshingano zo gufatanya na bagenzi babo…
Read more →