Imiryango 9 itishoboye yorojwe amatungo magufi.

Imiryango 9 itishoboye yorojwe amatungo magufi 18 aho buri muryango wahawe ihene 2 zizabafasha kuzamura imibereho yabo.
Read more →

Ihuriro ry’abanyarwandakazi mu nteko ishingamategeko(FFRP) ryasuye Akarere ka Gatsibo baganiriza abanyeshuri ba Kiziguro s.s

Abasenateri n’abadepite bagera kuri 50 bibumbiye mu ihuriro ry’abanyarwandakazi mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda(FFRP) basuye Akarere ka Gatsibo…

Read more →

Hafashwe icyemezo ko nta mworozi uzongera kuragira inka mu kigo cya Gisirikari i Gabiro.

Nyuma yuko bigaragaye ko ikigo cya Gisirikari i Gabiro kivogerwa n’aborozi b’inka bashakira urwuri amatungo yabo bikabangamira ibikorwa bya…

Read more →

Inama Ngishwanama yo kurwanya ruswa n’akarengane yasabye ko ruswa ibi amateka mu Karere.

Inama Ngishwanama yo kurwanya ruswa n’Akarengane ku rwego rw’Akarere ka Gatsibo yasabye inzego zitandukanye zikorera mu Karere ko bagomba kurwanya…

Read more →

Amahugurwa ya Pan Africanism yanyuze inzego zitandukanye z’Akarere.

Mu Karere ka Gatsibo hatanzwe ikiganiro cya Pan Africanism hagamijwe gusobanukirwa uyu muryango,icyo ugamije, icyo witezweho n’Abanyarwanda…

Read more →

Hagaragajwe ibibazo bibangamira uburezi n’uburere bw’umwana w’umukobwa bishakirwa ibisubizo birambye

Mu Karere ka Gatsibo hatangijwe ubukangurambaga ku burere n’uburezi bw’umwana w’umukobwa bufite inzanganyamatsiko ‘’ejo hazaza heza hari mu biganza…

Read more →

Urwego rwa Dasso ya Gatsibo rwashimwe ibikorwa by’iterambere bamaze kugeraho.

Umuyobozi mushya w’urwego rwunganira Akarere muby’Umutekano rwa DASSO yashimiye uru rwego kubera ibikorwa bijyanye n’umutekano bamaze gukora kuva…

Read more →

Abayobozi b’ibigo by’amashuri basabwe kongera imbaraga mu kuzamura ireme ry’uburezi.

Minisiteri y’uburezi yakanguriye abarezi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Karere ka Gatsibo bigera kuri 20 byakorewemo ubukangurambaga…

Read more →

Abayobozi b’ibitaro n’ibigo nderabuzima basabwe kurwanya bwaki no kugwingira ku bana.

Akarere ka Gatsibo karasaba ababyeyi kwita ku bana bakiri bato kugirango abarinde kugwingira n’indwara ya bwaki.

 

Ubuyobozi bw’Akarere k’ubufatanye…

Read more →

Ikibazo cy’abana baterwa inda bakiri bato cyabonewe igisubizo.

Abana bakiri bato baterwa inda zidateganyijwe kimaze kuba imbogamizi ku muryango nyarwanda aho usanga umwana w’imyaka 15-18 baterwa inda bamwe…

Read more →