Gatsibo: Uko amakipe azahura muri ¼ cy’irushanwa mu bagore n’abagabo.
Amakipe yatambutse mu irushanwa ya 1/8 azahura kuwa Gatanu taliki ya 23 Mutarama 2026 ku bibiga bitandukanye mu marushanwa y’Umurenge Kagame Cup 2025/2026 azaba ageze muri ¼ cy’irushanwa.
Mu bagore Ikipe y’Umurenge wa Ngarama uzahura na Gitoki, Muhura ikine na Rwimbogo, Kageyo izakina na Kiziguro, Remera izakina na Murambi.
Mu bagabo, Ikipe y’Umurewnge wa Kabarore izakina n’Umurenge wa Gitoki ku kibuga cya Kabarore, Muhura izakina na Rwimbogo bihurire i Muhura, Ngarama izakina na Kiramuruzi zihurire Ngarama, Umurenge wa Remera uzakina na Murambi zihurire ku kibuga cya Gasabo mu Murenge wa Remera.