Abakobwa b’imyaka 12-17 barashishikarizwa guhabwa urukingo rwa Kanseri y’Inkondo y’Umura.

Abana b’bakobwa bafite imyaka 12-17 y’amavuko barashishikarizwa kwitabira gahunda yo guhabwa urukingo rwa Kanseri y’Inkondo y’Umura.

Ni ubutumwa Minisiteri y’Ubuzima kubufatanye n’Ikigo cya RBC bwanyijijwe ku mbuga nkoranyambaga bukangurira abana b’abakobwa bafite imyaka 12-17 y’amavuko kwitabira gufata urukingo rwa Kanseri y’inkondo y’umura.

Serivise zo gutanga urukingo rwa Kanseri y’inkondo y’umura twatangiye gutangirwa ku bigo Nderabuzima, iki gikorwa kizasozwa bitarenze taliki ya 30 Kanama 2025.

Ubu butumwa, busaba abaturage kugana ikigo nderabuzima kibegereye mu rwego rwo kudakora urugendo rurerure bashaka iyi serivise.

Back